386

Ntayindi mpamvu, niba hari iyindi uzi uyivuge. Ibi byose birakwerekako umuhutu n’itsembabwoko ni amazi n’ifu, ntawabitandukanya n’iyo wakora ubushakatsi bungana iki, ugashinga n’ibigo bingana iki, igihugu cyose kikuzuramo ibigo bishakashaka ibirebana n’itsembabwoko. Ni ifu n’amazi byatandukanwa gusa no kwihana rusange kw’abahutu no kubabarira rusange kw’abatutsi, ntayandi magambo akenewe. ABAHUTU NI INTERAHAMWE BAGOMBA KWIHANA. ABATUTSI BARI MU GIHUGU NI ABACITSE KU ICUMU BAGOMBA KUBABARIRA. Hakabona gukurikiraho icyiciro cya kabiri kirebana n’ibyaha by’abatutsi, nabo ni abicanyi-ruharwa. Hari ibyo nzi ariko sinemerewe kubivugaho birambuye kuko biza ku ncuro ya 2. Ni nko muri Edeni igihe Imana ibaza Adamu ati sijye ni umugore wampaye ngo tubane. Ibajije umugore ati sijye n’inzoka. Basi tayari habura uwakoze icyaha biharirwa Imana. Icyakurikiyeho n’ibihano bikomeye birimo n’urupfu. 

Kandi n’ubundi umuhutu nabigarama, umututsi akabigarama, uragirango se bizagenda gute? Hazakurikiraho ibihano. Buri muhutu wese yabyanga yabyemera ariho umuvumo w’itsembabwoko, hari aho ahurira nawo yanze akunze. Kandi iby’Imana n’ubwo bikunze guteza impaka, ibyayo ni ntakuka kuko iratunganye muri byose. Iti none aho uzajya ugera hose ugomba kwihana, haba hari abahutu mukihana, mwihanira Imana n’abatutsi, ndetse n’isi yose kuko byayikwiriye, ntawe utabizi. Iti itsembabwoko ni «RUSANGE». Iti none niba atari rusange kuki inzirakarengane zakurikiye abicanyi muri Kongo-Zayire? Ko zitari zicanye zajyaga hehe? Wagirango ni ugushinyagura ariko niko kuri. 

Erega wagirango ni ugushinyagura! Imbwira kuririra umuryango wanjye namaze iminsi ntakubwira ndira ibihene birenga ku maso kuko nagirango agahinda k’isi yose kanjeho. Ubwo naje kubona n’ijoro urushinge rurimo umuti maze uwari urufite arekura agatonyanga kikubita mu nyanja nsobanurirwa ko amarira yanjye ari make cyane ugereranije n’uburemere bw’icyaha, ko mbese yakiza uwanjye muryango gusa, n’abandi bake, kandi narinzi ko abahutu bose Imana yabababariye naho byahe. 

Imana iti abahutu b’abayobozi bagiye hamwe barahishurirwa baratekereza, barapanga, baraganira barabwirana, bungurana ibitekerezo bahuriza ku mwanzuro ufite intego imwe : bahurira ku «bwoko bw’ubuhutu». Aha ngaha uhitondere niba ushaka kumenya, ukuri : bariyemera, birata amaboko n’ubwinshi, n’ububasha, n’ubushobozi, n’ibikoresho by’intambara, n’abasirikare, n’abazungu, birata ikintu kibi cyane Imana yanga nanjye nsigaye nanga urunuka ubu, ariko cyera naragikundaga cyane, cyanteraga ishema. Kuba turi benshi ba nyamwinshi, ni nacyo ahanini cyatumye abahutu benshi bapfa, n’uko nyine bari ba nyamwinshi. Icyo kintu kitwa ngo turi ba RUBANDA NYAMWINSHI 85%