«15Umwami aramusubiza ati “Genda kuko uwo muntu ari igikoreshwa nitoranirije, ngo yogeze izina ryanjye imbere y’abanyamahanga n’abami n’Abisirayeli, 16nanjye nzamwereka ibyo azababazwa nawe uburyo ari byinshi, bamuhora izina ryanjye» (Ibyakozwe n’Intumwa 9:15-16).
