benshi b’ababahoze bategeka Uburundi, n’abandi bari abategetsi abagore babo n’abana barahari. Na bamwe mu ba Perezida babo baracyahari. Ni igitangaza! Uretse Ndadaye abatutsi berekaniyeho ubugome kugira ngo ibyabavuzweho by’ibihano byuzure. Ariko Imana yibutse abatutsi b’Abarundi nabo, igiye kubasubiza ubwami kuko abahutu byabananiye namwe murabibona umuntu atiriwe ahanura. N’ikimenyimenyi ubu nandika abahutu barimo gusubiranamo ngo Imana ibone uko iha ubwami abatutsi.
Natandukiriye mumbabarire…
Nk’uko no mu Rwanda na ho byanze bikunze abatutsi bagomba kubanza gusubiranamo kugira ngo Imana ibone uko igarura ubwami bwayo mu Rwanda. Ndabona ibyo Imana yavuze byasohoye, iti «Nimubona abari ku butegetsi ku isonga batangiye kwangana urunuka bamwe bagahunga, bagatangira kumena amabanga y’amahano bakoranye, bari baziranyeho cya gihe, muzamenye ko ingoma yabo iri mu marembera ya hafi aho».
Koko rero ubu nandika abatutsi basubiranyemo bibi cyane, bavananyemo bikabije, banganye ururenze urunuka. Hari mo na none INZIGO. Hari ibintu barimo kudutangariza tutari tuzi. Mana yanjye! Ingoma zose zirasa weee! Oya ntabwo ari ya mayeri arenga miliyoni y’Inyenzi, AHUBWO N’UMUHAMAGARO W’U RWANDA UGIRA NGO USOHORE. Byose byarangiye! Buri wese agomba kugeragezwa n’uyu muhamagaro yanze akunze. Buri wese agomba gusabayangwa agasogobwa, agata umutwe kugira ngo yumve uko abaye. Kandi reka mbahe n’iri Tangazo :
«UWUBAHA IMANA NIWE UZARYA IBYIZA BYO MURI IBI BIHUGU IMANA IFATA NK’IMPANGA : U RWANDA N’UBURUNDI, HONGEWEHO UBURASIRAZUBA BWA RDC».
Kandi hariya muri Kongo-Zayire mu burasirazuba, amajyaruguru ni na ho intambara igomba kubohoza Ibiyaga Bigari igomba guhera 100%. Na none natandukiriye mumbabarire… Sinzi igitumye ntomboka!
Reka tugaruke aho twari tugereje. Naho mu Rwanda ho ni «Final», kuko bararimbura ntagisigara, n’abana bari munda barababaga bakabarya. Iyi myuka ni ukuyitondera kuko itambuwe imbaraga ngo yamaganwe yamburwe uburenganzira, amahano yajya ahora asimburana n’andi mahano kubera ko Satani yaba agifite uburenganzira «Droit légal», kandi twitondere n’Ibiyaga Bigari cyane biriho umuhamagaro w’Ubutatu, ni yo mpamvu Satani yatanguranwe n’Imana kubakoresha. Nk’uko yagiye itanguranwa kunkoresha, ndetse kenshi ikagerageza no kunyica, kuko nari ndiho umuhamagaro. N’abandi bose bariho umuhamagaro iteka iratanguranwa maze Imana ikayihorera agahe gato, bya bindi
