ikabibyazamo Icyubahiro cyayo. Urugero rwa Sawuli wahinduwe Pawulo. (Ibyakozwe n’Intumwa 9). Ariko ndashima Imana ko iyi ncuro ari yo ya nyuma, iraje ibishyireho iherezo. Turarushye!
SATANI, UMUSHINJACYAHA MUKURU : «UMUREZI WA BENE DATA»
Ku Mana jenoside yari ibirego by’umushinjacyaha mukuru Satani, byinshi kandi bifite ingingo n’ishingiro. Satani aragenda agashinga urubanza ku Mana Data ati :
• Mana ko abatutsi wemeye ko bataha bakagaruka ku ntebe y’ubwami mu Rwanda, kandi abahutu bakaba barakunaniye bageze igihe cyo kuvaho, none ko nshaka ibitambo byinshi bigomba gusasira ubwami bw’abatutsi no kuvanaho ubw’abahutu biragenda bite? Ni uburenganzira bwanjye kandi uca imanza zitabera. Kandi igihe cyanjye cyarangiye, ndashaka guhitana byinshi, kubera ko batigeze bizera Umwana wawe muri rusange kandi bariho umuhamagaro utoroshye wo kundwanya.
• Dore bakoze ibi n’ibi (arabirondora byose ari ukuri, Itangiriro 18:20), kandi wibuke n’ukuntu ba sekuruza na ba sekuru bavuye mu Rwanda (abatutsi), ibuka n’ukuntu batakubahirije, wibuke n’amaraso bagiye bamena igihe bajyaga bibera mu mihango y’ibigirwamana by’abanyamahanga. Ibuka n’amasezerano ya Ruganzu na Ryangombe, wibuke ukuntu bahaye intebe Nyabingi n’Abacwezi. Ibuka n’ubwibone n’inzangano byabo. Ibuka ubugome bwabo. Ibuka ngo ko «basangira amaraso ariko nti basangire amata». Ukuntu bakoreye ibigirwamana by’abanyamahanga, bagahombokera mu mbaraga z’abacwezi n’abarangi, ukuntu bagiye bangiza amavuta yawe, bakagukoza isoni. Ndashaka kurimbura benshi nanjye.
• Byose byibuke Mana ishobora byose, maze umpereze nanjye mbihimureho uko nshoboye. Bigeze se bizera amaraso y’Umwana wawe? Ntabwo bari bupfe kwima gusa rero, ntibari bugaruke ku ngoma utampaye ku maraso ya bene wabo bahuje ubwoko n’umuhamagaro ariko badahuje imibereho n’amateka, kuko bo bari mu gihugu, bari imbere mu gihugu, nti bahunganye, basigaranye n’abahutu muri 1959 no muri 1973, kugeza ubu.
• Simbyemera koresha ubutabera bwawe, n’ikimenyimenyi barataha barwana, habanze hameneke amaraso y’ibanze y’ibikenya, kuko ndabanangira umutima, ndetse bazanga no kumvikana n’abahutu, maze nyuma nzamene amaraso menshi nkeneye, kandi ab’imbere mu gihugu bari bugambanirwe na bene wabo baturutse hanze. Ndanangira
