Ikibabaza kandi n’uko hafi ya bose bazi ibiri imbere ko ari byiza cyane, ariko ntibarabibona, ni yo mpamvu bamarana, bakanagerageza no gukora za fotokopi bijya gusa. Umuhutu impamvu asabwa kubanza n’uko ariwe wari ku butegetsi (Adamu). Maze buri wese agashaka ko biba ibye.
U Rwanda na rwo ruracunga cyane ko nta munyamahanga wazarwinjirira mu nzu, kuko iriya nzu ari yo Rwanda irimo amasezerano yose y’Imana yageneye u Rwanda n’Abanyarwanda. Imana itegereje ko ibintu bijya ku murongo gusa. Ahubwo na rwo rurihimbire kuko rugomba guhindurirwa izina, kubera ko izina «Rwanda» na ryo si ryiza, RIRASAMA. Satani nawe arashaka ko bakomeza kwinangira nawe agahora amena amaraso y’abo yita ay’abanyamahanga, ararwana no kutazatuma Abanyarwanda babona ibyabo bateganirijwe, cyane amahoro arambye.
U Rwanda ngo rujya rwumva (niba ari ukubeshya ntirubizi) ngo ko hari abanyamahanga bajya banyuzamo bakiyita Abanyarwanda. Noneho rukibaza niba ari Abanyarwanda impamvu badataha mu Rwanda bikarushobera. Ni yo mpamvu hari igipimo gikomeye kuri buri wese ubeshya ngo ni Umunyarwanda, ngo akunda u Rwanda kurusha abandi? Sinzongere kumva hari uvuga ko akunda u Rwanda kurusha abandi, ko yarwitangiye kurusha abandi, kuko buri wese wiyita Umunyarwanda rwaramuzahaje mu rwego rwe, yarumeneye amaraso arumeneramo ayandi, mu buryo bwe. Utarakoresheje umuhoro yafashe imbunda, yaratekereje cyane, undi aravuga cyane, undi arakora cyane, undi arakomereka, abandi barapfa basiga ababo. Kandi byumvikane neza ko «NTA NYANGARWANDA» y’Umunyarwanda, mwene-gihugu ibaho, kuko ntawiyanga. Ahubwo habaho inyangarwanda z’abiyita Abanyarwanda, ari bo bariho ubu.
Kwihana kw’abanyamahanga biyita Abanyarwanda bose bari mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko, bigomba gukorwa vuba nta rukiko bishyiriweho. Ibi ntibireba abanyamahanga ba nyabo bo mu yandi mahanga ya kure batavuga ikinyarwanda, kuko bo baje guhaha no gusahurira muri iyi nduru n’aka kavuyo. Bitwa ba «Karyarugo».
Ikitonderwa! Umuhutu afunguze urufunguzo rutari urwiganano, ategereze ko umututsi akurura urugi, binjire bafate ibyabo. Birinde guhubuka. Aha rero umututsi ashobora kwizubaza ntafungure, ariko kirazira umuhutu agomba gutegereza nta kundi byagenda. Ba bandi na bo binjire mu byumba bafate ibyabo, babanje gusuzumwa neza ko ari Abanyarwanda «biyambuye ubunyamahanga». Kandi ntibibeshye ko bashobora kubeshya kuko buri kintu cyose kirebana n’ibirimo, cyose kizi gupima. Birasaba ubushishozi bukomeye kugira ngo ibi bikorwe neza. Kuko wasanga bakomereje muri wa mwuka wabokamye wo gusahura, kubohoza, kwica bagasibanganya
