420

n’umwe wayigisha impaka. Itsembabwoko ryabaye kugirango ibyaha by’abahutu byuzure hataburaho, ndetse birenge n’urugero kugirango nibitihanwa nanone birenze urugero, bizahanirwe nanone birenze urugero. Ba uretse kurakara, shaka kumenya. Nutabyumva ntiwirenganye ni imibare y’Imana. 

Byari no kugirango ibihano by’abatutsi byuzure by’intangarugero, kuko kuva bahunga bari mu bihano. Mwihangane abaziko abatutsi ari abamalayika; ntabwo imbere y’Imana muri abamalayika kuberako mwari impunzi, cyangwa ko bene wanyu b’imbere mu gihugu batsembwe, ariko menyako bene wanyu b’abatutsi bari imbere mu gihugu babaye ibitambo byo kugirango bene wabo bo hanze mutahe. N’ushaka urakare ariko niko kuri. Mwebwe muri ku ngoma ubu, bene wanyu bo mu Gihugu babaye ibitambo byanyu. None se mwari gutaha gute? Muri make ni mwe mwabicishije. Mwafatanije icyaha n’abahutu. 

Mwarapanze bashyira mu bikorwa. Ko amaraso ahamagara ayandi, akaneza ayandi wa mugani wa Thomas Sankara w’Umunyarwanda. Ibi birahanitse mu buryo bwo mu Mwuka, biratoneka mu buryo mbonezamubano na mbonezamuryango. Bitoneka cyane «gatozi» ariko birakwiye kandi biratunganye mu buryo bw’Umwuka. Nta n’ubwo ari ugufobya itsembabwoko kuko ndi muri bacye cyane b’abahutu baryemera bivuye ku mutima, ndetse natanze benshi kuritangaza no kurisabira imbabazi ku mugaragaro kandi mbikuye ku mutima. Kandi ibyo byo mbifitiye ibimenyetso bifatika na simusiga. Naranabizize, mbitangira ibitambo, sigaho ntundushe rero. Ntabwo abatutsi bari mu gihugu bari kubangikana n’abari bavuye hanze kandi bose bariho amavuta y’ubutware. Ni intagondwa zombi zinganya umuhamagaro, ariko zitanganya amateka, ntabwo byari gukunda rero. Bamwe basigaye mu gihugu abandi barahunga, hagati aho hari mo « tena ibatandukanya, yategurizaga abahunze kuzataha, n’abasigaye mu gihugu kuzatsembwa, kuko mu basigaye mu gihugu n’ubwo bamwe bafashwe nabi bakigura bakigurisha, bagahakirizwa kandi ubundi ari bo bahakaga. Ariko basangiye n’ingoma y’abahutu. Yeee! Ntuhakane, baranashakanye ntuhakane, umva neza. Ntaho bahuriye n’abicirwaga n’inzara ishyanga. Ntaho bahuriye na bene wabo basuzuguwe n’abanyamahanga. 

Aba rero bafitanye igihango n’abahutu cyo kubana no gusangira no kurongorana no kwigana, no kwidagadurana, n’ubuzima bwa minsi yose wa mugani w’abarundi. Naho bene wabo bahunze bahuje «inkomoko y’ubwoko» ari na yo mpamvu babatanze nta mpuhwe, kandi koko barabatanze, maze bagera ku cyo bashakaga ari cyo «UBUTEGETSI». Byari ngombwa, nta kundi abavuye hanze bari kugera ku butegetsi, ab’imbere mu gihugu bagombaga kuba ibitambo byabo, kandi byapanzwe cyera, Satani yabiregeye cyera. Kugira ngo abatutsi bari mu gihugu bazabere ibitambo abazaba baturutse hanze. Baba bari babizi cyangwa batari babizi, ni uko